Abapasiteri babiri baciwe imitwe muri Sebeta hafi y’umurwa mukuru Addis-Abeba muri Ethiopie bahorwa uku kwemera kwabo ubwo abakiristu bakorerwaga urugomo.
Ikigega Barnabas Fund gitangaza ko abakirisito batari borohewe ubwo aba bapasiteri bacibwaga imitwe, by’umwihariko n’insengero nyinshi ngo zikaba zaratwitswe uyu mwaka.
Amakuru atangazwa n’ikinyamakuru ichretien avuga ko abakirisito benshi bagenda bahunga umujyi wa Ginir ubarizwamo abasilamu benshi, ubarizwa mu Bilometero 483 uvuye mu(...)
Ibitekerezo
Tanga igitekerezo